Perezida wa Sena yeguye ku mirimo ye

Perezida wa Sena yeguye ku mirimo ye

Dr Iyamuremye Augustin wari perezida wa  Sena y'u Rwanda ,yeguye ku mirimo nk'uko bigaragara mu ibaruwa yanditse kuri uyu wa kane tariki ya 8 Ukuboza 2022, asezera ku mwanya w'ubuyobozi bwa Sena ndetse no ku mwanya w'ubusenateri.